AMAKURU
-
MUHANGA: ABATURAGE BARINUBIRA KO BAMAZE IMYAKA ITATU BATWARIRWA UBUTAKA BWEGEREYE IGISHANGA CYA KAYUMBU
Bamwe mu baturage baturiye igishanga cya Kayumbu kiri mu murenge wa Musambira ho mu karere ka Kamonyi, baravuga ko bugarijwe n'ubukene bitewe n'uko cooperative CODARIKA ihinga umuceri muri iki gishanga imaze imyaka itatu ibatwarira ubutaka bw'imirima yabo yegereye igishanga. Igishanga cya Kayumbu... -
Rutsiro/Kivumu: Kuvugisha ukuri byatumye bagera ku bumwe n'ubwiyunge.
Abarokotse Jenoside yakorewe abatutsi n’abayikoze bo mu Murenge wa Kivumu ho mu karere ka Rutsiro bavuga ukuri ari ko kwatumye babohoka bakagera ku bumwe n’ubwiyunge. Ibi, ngo bikaba byaratumye bakorera hamwe ibikorwa bigamije iterambere ry'imibereho myiza yabo birimo kugabirana inka. Nyuma y’... -
Rutsiro: Kudatanga amakuru ku hashyizwe imwe mu mibiri y'Abatutsi bishwe muri Jenoside, Inzitizi ku bumwe n'ubwiyunge
Abarokotse genocide yakorewe abatutsi bo mu kagari ka Gabiro Umurenge Musasa ho mu karere ka Rutsiro bavua ko kutabona imibiri y’ababo ngo ishyingurwe kandi ababishe bazi aho babashyize ntibatange amakuru ari imbogamizi ku bumwe n’ubwiyunge kuri bo. Bamwe mu barokotse Jenocide yakorewe abatutsi mu... -
MUHANGA: ABATUYE MU KAGARI KA MUSONGATI BARASABA GUKORERWA UMUHANDA UBAHUZA N'AKARERE KA RUHANGO
Abaturage bo mu kagari ka Musongati mu murenge wa Nyarusange ho mu karere ka Muhanga, baravuga ko bari kudindira mu iterambere bitewe n'uko umuhanda ubahuza n'akagari ka Mutara ko mu karere ka Ruhango utari nyabagendwa. Aba baturage bavuga ko kuba uyu muhanda wa Jabiro utari nyabagendwa nta modoka... -
Imikino: shampiyona ya Rugubi 2017-2018 iratangira mu mpera z'iki cyumweru
Shampiyona ya rugby iraza gutangira kuri uyu wa gatandatu taliki ya 3 Werurwe 2018 nk'uko tubikesha ishyirahamwe rya rugby mu Rwanda National Rugby Federation(RRF). Aganira n'itangazamakuru umunyamabanga mukuru wa federation KAMANDA Tharicisse ya tangaje ko impamvu batinze gutangira shampiyona ari... -
Amateka ya Ruganzu I Bwimba na mushiki we Robwa.
Ruganzu I Bwimba na mushiki we Robwa Nyiramateke ni bene Nsoro I Samukondo, bombi bakaba barapfiriye ku butaka bw’I Gisaka bitanze nk’abatabazi. Ruganzu I Bwimba ni we utangira urutonde rw’abami b’u Rwanda bazwi neza ko babayeho mu mateka Rois "historiques" aribo bami b’ibitekerezo. Nk’uko... -
NYABIHU: ABAHINZI BARIBAZA ICYO URUGANDA RW’IBIRAYI RWUBATSE IWABO RUBAMARIYE.
Bamwe mu bahinzi bo mu karere ka Nyabihu barinubira ko uruganda rwubatswe hagamije kwongerera agaciro ibirayi mu karere kabo ntacyo rubamariye kuko umusaruro wabo w’ibirayi ukomeje kubapfira ubusa cyane muri iki gihe bejeje ibirayi byinshi. Uruganda rutunganya ibirayi Nyabihu Patatoes Campany... -
Muhanga:Imyaka icumi irashize basiragira mu buyobozi bashaka ingurane y’imitungo yabo.
Bamwe mu baturage bo mu Karere ka Muhanga babaruriwe imitungo y’ahubatse urugomero rwa Nyabarongo mu myaka icumi ishize barasaba kurenganurwa bagahabwa ingurane y’imitungo yabo,yangijwe ni iyubakwa ry’uru rugomero . Aba baturage bavuga ko nyuma yo kubaririrwa imitungo yabo mu mwaka wa 2008,... -
Kamonyi : Barifuza ko abana bakuru bajya biyishyurira mitiweli.
Bamwe mu baturage bakuze bo mu murenge wa Ngamba mu karere ka Kamonyi, barsaba ko itegeko rya mitiweli ryasubirwamo abana bakuze bakajya bitangira umusanzu w’ubwisungane mu kwivuza. Icyitegetse Leocadie atuye muri Kajevuba ho mu kagari ka Kazirabonde, umurenge wa Ngamba mu Karere ka Kamonyi. Uyu... -
Musanze: Mu murenge wa Musanze abana 370 bataye ishuri umwaka ushize wa 2017
Nyuma y’uko ubuyobozi bw’umurenge wa Musanze mu karere ka Musanze butangarije ko abana 370 bataye ishuri mu mwaka ushize wa 2017 bashingiye ku ibarura bakoze Ubuyobozi bw’akarere ka Musanze bwo ntibwemeranya n’ubuyobozi bw’umurenge kuri iyi mibare y’abana bataye ishuri biganjemo abasigajwe inyuma...